Category: HABARI
Amag The Black witegura ubukwe avuga iki ku mugore n’umwana batandukanye ubu bari mu gasozi?
bronze AbdoulOct 31, 2017
Mu gihe gito umuhanzi Amag The Black atangaje ko yitegura ubukwe n’umugore mushya,iyi nkuru yababaje benshi bamusamira hejuro bamwe ndetse bamubaza irengero...
Ese waba uzi uwatangije Illiminati?Menya byinshi n’ibyamamare ku isi bamaze kuyiyoboka
bronze AbdoulOct 30, 2017
Biragoye kumva ko Illiminati ibaho kandi ikorera ku Isi,ariko icyagaragaye ni uko iriho kandi ifite imbaraga zidasazwe ikaba ahanini igaragaramo ibikomerezwa byamamaye...
Perezida Museveni aravuga ibigwi Papa Francis nyuma yo kumuvura imvune
bronze AbdoulOct 30, 2017
Perezida w’igihugu cya Uganda Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko Papa Francis yamusengeye ubwo yari yaravunitse ukuboko maze amasengesho akamukiza. Nkuko...
Mondial 2018: Hagati ya Burkina Faso na Cap Vert ninde uzerekeza mu Burusiya?
bronze AbdoulOct 30, 2017
Nubwo ikipe y’igihugu ya Senegal iyoboye itsinda rya kane n’amanota umunani ikarusha Burkina Faso amanota abiri, iyi kipe itozwa na Paulo Duarte igomba gukina...
Ubushakashatsi buvuga iki ku ruharara rugaragara ku mutwe,ese ni uburwayi bwavurwa bugakira?
bronze AbdoulOct 30, 2017
Abanditsi ku rubuga rwa interinete santé.fr, aho usanga hatangazwa ko kugira uruhara biterwa n’igabanyuka ry’imiseburo yitwa keratine na collagene isanzwe ituma...
Gukurikiza izi nama bizagufasha kuryoherwa no kubana n’uwawe akaramata
bronze AbdoulOct 30, 2017
Muri rusange umuntu wese uri mu rukundo yifuza ko uwo bakundana amushimisha cyangwa akamukorera ibintu bitandukanye bimushimisha,iyo ufite umuntu mukundana mwishimye...
Yiyemeje kujya ataka mu cyumba cye amafoto y’abo basambanye n’udukingiriza bakoresheje:Wowe ni uruhe rwibutso?
bronze AbdoulOct 30, 2017
Mu gihugu cya muri Norway, haravugwa umugore w’imyaka 27 witwa Tonge , aho amaze nibura gukusanya udukingirizo tugera ku 2000 kugira ngo ajye yibuka ibihe byiza...
Liberia:Ishyaka riri ku butegetsi ryanze ibyavuye mu matora bashaka ko asubirwamo
bronze AbdoulOct 30, 2017
Nyuma y’aho George Weah atsindiye Amatora ya Perezida y’icyiciro cya mbere aheruka kuba mu gihugu cya Liberia talikiya ya 10 Ukwakira 2017 , ibyayavuyemo...
Uwari umunyezamu kabuhariwe Soulama Abdoulaye yasezeye ku isi
bronze AbdoulOct 30, 2017
Mu gihe hatarashira n’ukwezi umunyezamu wa Indonesia apfiriye mu kibuga, kuri ubu mu Isi ya ruhaga by’umwihariko Africa muri Burkina Faso haravugwa urupfu rw...
Ibibazo, ukutavuga rumwe n’umwuka mubi bikomeje gututumba hagati mu bagize itsinda rya Urban Boyz
bronze AbdoulOct 30, 2017
Nyuma y’uko itsinda rya Urban Boys rumvikanyemo ukutumvikana no guhangana bya hato nahato bikaba biheruka ahanini ubwo Safi yasezeranaga mu mategeko...